Muri Uganda hari aho inzara ivuza ubuhuha

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa FAO riherutse gutangaza ko abaturage bo mu gihugu cya Uganda barenga miliyoni 14 bafite ikibazo cyo kutagira ibiryo.

Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi muri iki gihugu yatangaje ko iki kibazo giterwa nuko  mu gice kiganjemo gituwe n’abantu bahora bimuka.

Muri iki gihugu kandi  29% by’abana bari munsi y’imyaka itanu bafite ikibazo cy’igwingira.