Umukobwa yapfuye barimo kumubaga ikibuno kugirango bacyongere

Umukobwa wari usanzwe uzwi cyane ku izina rya Brenda ku mbuga nkoranyambaga ukomoka mu guhugu cya Cote d’Ivoire, yapfuye barimo kumubaga kugirango bamwongerere ikibuno. Ni igikorwa yarakoze ku nshuro ya ga tatu.

Ubusanzwe uyu mukobwa amazina ye y’ukuri yitwa Delfina Joaquim afite imyaka 32. Azwi nk’aba bakobwa bakunda kwita (Slay Queens). Yakundaga gusangiza amafoto abamukurikura ku mbuga nkoranyambaga yasohokeye ahantu hahenze cyane cyane mu mijyi yo ku mugabane y’Uburayi.

Yabaga yambaye imyenda n’inkweto bihenze aho yabigurirwaga na bamwe mu bakire n’Abanyapolotike bakomeye(Sugar Daddies) cyane cyane abo mu gihugu cya Cote d’Ivoire.



@igicumbinews.co.rw 

Kanda hasi ukurikire ibiganiro tukugezaho ku Igicumbi News Online TV: