Perezida Kagame yashyizeho umuvugizi wungirije wa RDF

Perezida Kagame akaba n’umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda yagize Lt Col Simon Kabera, umuvugizi wungirije wa RDF. Nkuko bigararaga mu itangazo ryashyizwe hanze n’ubuyobozi bw’ingabo z’igihugu(RDF), kuri uyu wa kane Tariki ya 08 Kamena 2023.

Lt Col Simon Kabera, kandi asanzwe ari n’umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana aho yamenyekanye cyane ku ndirimbo yise “Mfashe intanga”, yigeze gukundwa mu myaka yashize.

@igicumbinews.co.rw 

Kanda hasi ukurikire ibiganiro tukugezaho ku Igicumbi News Online TV: