Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’abayobozi bakuru muri RDF

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, kuri uyu wa Kabiri tariki 01 Ukuboza 2020, yagiranye ibiganiro n’abayobozi bakuru b’ingabo hamwe n’abandi bakozi batandukanye.

Ni ibiganiro byabereye ku cyicaro gikuru cy’ingabo z’u Rwanda, nk’uko ubutumwa bwa Twitter bwanditswe n’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu bubigaragaza.

Ibyari bikubiye muri ibyo biganiro Igicumbi News irabibagezaho nibimara gushyirwa ahagaragara.

@igicumbinews.co.rw