Diamond Platnmuz yagaragaye arimo guhindurira umuhungu we Pampers

Umuhanzi wo mu gihugu cya Tanzania, Naseeb Abdul Djuma yashyize hanze amashusho amugaragaza arimo guhindurira umuhungu we Pampers.

Muri aya mashusho agaragaramo Tanasha Dona babyaranye yicaye mu ntebe, hari n’indi ntebe uyu mwana aryamyemo Diamond arimo kumwambikiramo pampers. Ni nyuma yuko Diamond atandukanye na Tanasha Dona mu kwezi kwa Gatatu muri 2020 ariko akaba yari yaramuteye inda yaje no kubyaramo umwana w’umuhungu.

Diamond kandi yabayaranye na Zari abana babiri, ni mu gihe hari amakuru avuga ko afite abandi bana benshi hanze.



@igicumbinews.co.rw 

Kanda hasi ukurikire ibiganiro tukugezaho ku Igicumbi News Online TV: