BTN TV yagabweho igitero cy’ikoranabuhanga

Ubuyobozi bwa BTN TV Rwanda, bwatangaje ko kuwa gatandatu Tariki 29 Mata 2023, ahagana saa mbili z’ijoro bwagabweho igitero cy’ikoranabuhanga aho Email na YouTube byabo byavuyeho.

Nk’uko bigaragara mu itangazo ryasinyweho n’umuyobozi wa BTN TV Rwanda, Ahmed Uwera Pacifique, kuri uyu wa Kabiri Tariki 02 Gicurasi 2023, yavuze ko k’ubufatanye bwa ba IT babo n’aba Google, Email na channel ya Youtube byabo byongeye gusubira ku murongo.



@igicumbinews.co.rw

Kanda hasi ukurikire ibiganiro tukugezaho ku Igicumbi News Online TV: