Ifoto y’Urwibutso: Perezida Kagame ari kumwe n’umuryango we

Perezida Paul Kagame ari kumwe n’umuryango we bakiriye abantu b’ingeri zitandukanye mu mugoroba wo gusoza umwaka wa 2019 no kwinjira mu wa 2020, wabereye muri Kigali Arena i Remera.

Abantu barenga 1000 nibo bari bitabiriye ubutumire bwa Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame. Barimo abayobozi mu nzego zitandukanye za leta, abikorera, abadiplomate, abakorera imiryango mpuzamahanga inyuranye, abahanzi, abakinnyi b’umupira n’izindi nshuti n’imiryango.

Ifoto:Village Urugwiro

@igicumbinews.co.rw