Thaïlande: Umwami yakubise mushiki we mu mirwano yabereye mu ngoro y’ibwami
Mu ngoro y’Ibwami muri Thaïlande byamenyekanye ko Umwami Maha Vajiralongkorn yakubise iz’akabwana mushiki we, Sirindhorn, nyuma yo kugaragara afite ibikomere...
Mu ngoro y’Ibwami muri Thaïlande byamenyekanye ko Umwami Maha Vajiralongkorn yakubise iz’akabwana mushiki we, Sirindhorn, nyuma yo kugaragara afite ibikomere...
Umugore yaciye ibintu kubera ukuntu yireguye mu rukiko nyuma y’aho umugabo we amureze amushinja ko yamufatanye n’undi mugabo agashaka kumumenaho...
Minisiteri y’Ubuzima muri Israel yatangaje ko muri iki gihugu hakomeje kugaragara umubare munini w’abandura icyorezo cya COVID-19 kandi barahawe urukingo...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Mutarama 2021, Perezida mushya wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yarahiriye kuyobora...
Perezida Donald Trump mu masaha ye ya nyuma ku butegetsi yahaye imbabazi anoroshya ibihano ku bantu barimo umuraperi Lil Wayne...
Umugabo witwa Aditya Singh w’imyaka 36 ukomoka muri California, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yamaze amezi atatu ku kibuga...
Nyuma y'imyaka ine y'ubutegetsi bwa Donald Trump, ejo kuwa gatatu Amerika iraramutswa umutegetsi mushya. Twashyize hamwe itsinda ry'amafoto ya bimwe...
Umugabo w’imyaka 60 wo mu gihugu cya Kenya ahitwa Mombasa yahuye n’uruva gusenya ubwo yateraga akabariro ari kubabara mu gatuza...
Mu gitondo uyu munsi ku wa mbere abaturage banditse ubutumwa bunyuranye ku mbuga nkoranyambaga bishimira ko babashije gusubira ku murongo...
Umupolisikazi wo mu gihugu cya Kenya yavugishije abagabo batari bake ubwo yagaragazaga amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza ubwiza bwe....