Abakinnyi 11 b’AMAVUBI bagiye kubanzamo ku mukino wa Guinea niba ntagihindutse
                Ni umukino abanyarwanda bose bahanze amaso, cyane ko intego yajyanye abakinnyi b’Amavubi ari ukugera ku mukino wa nyuma w’iri rushanwa kandi bagaragaje ko babishoboye.
Abakinnyi 11 baza kubanzamo ntabwo bahindutse cyane ukurikije ababanjemo ubwo basezereraga TOGO.
11 ni:
1. Kwizera Olivier
2. Ombolenga Fitina
3. Imanishimwe Emmanuel
4. Mutsinzi Ange
5. Bayisenge Emery
6. Niyonzima Olivier
7. Byiringiro Lague
8. Kalisa Rashid
9. Tuyisenge Jacques
10. Hakizimana Muhadjiri
11. Nshuti Savio Dominique
Impinduka zabayemo, ni Manzi Thierry wagize ikibazo cy’imvune akaba yasimbuwe na Bayisenge Emery nkuko n’ubushize byagenze.

Bakoze imyitozo neza bose uretse Manzi Thierry urwaye

Seifu ni umwe bari ku rwego rwiza ubu

Rutahizamu w’abanyarwanda araza asimbuye nanone

Guinea nayo ntabwo ari iyo gukerensa!
@www.igicumbinews.co.rw
