Turamenyesha ko uwitwa HARERIMANA Bosco mwene Nsanzabaganwa Albert na Mukandanga
Judithe, utuye mu Mudugudu wa Mugeyo, Akagari ka Muyange, Umurenge wa Kagarama, Akarere ka Kicukiro, mu Mujyi wa Kigali wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ariyo HARERIMANA Bosco, akitwa HARERIMANA Hudhaifa Nadir mu gitabo cy’irangamimerere. Impamvu atanga yo guhinduza izina ni Izina nabatijwe.
Byemejwe na HABIMANA Dominique Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu