Rwanda: Menya uko ubwandu bwa Coronavirus buhagaze mu turere
Covid-19 ikigera mu Rwanda abantu barayitinye bumva ko ubuzima bugiye kurangira, abasenga baba benshi, abandi baririnda bishoboka byose ku buryo...
Covid-19 ikigera mu Rwanda abantu barayitinye bumva ko ubuzima bugiye kurangira, abasenga baba benshi, abandi baririnda bishoboka byose ku buryo...
Hari hashize iminsi ibikorwa byo guha amata abanyeshuri bari ku ishuri bisubukuye mu karere ka Gicumbi nyuma yuko mu ntangiriro...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko u Rwanda rwatangiye ibikorwa byo gukingira Coronavirus haherewe ku bantu bafite ibyago byinshi byo kwandura iki...
Croix Rouge Rwanda, Ishami rya Gicumbi, yatanze ibikoresho by'isuku birimo kandagira ukarabe, udupima muriro, udupfukamunwa, isabune, gants, megaphone zizifashishwa mu...
Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), Dr Sabin Nsanzimana, yaburiye abantu bifashisha indimu nyinshi, tangawizi n’inturusu byo kwiyuka, bibwira ko...
Inzego zishinzwe Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zatangaje ko zabonye umuturage ufite ibimenyetso by’icyorezo cya Ebola mu Mujyi...
Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima ku isi OMS/WHO ryatangaje umugambi w’agateganyo w’uko ibihugu bizahabwa inkingo za Covid-19 muri uyu...
Ntwari Anaclet, ni umunyamakuru utuye mu Karere ka Kamonyi mu Ntara y’Amajyepfo, umaze iminsi mu buzima bukomeye kuva ubwo yamenyaga...
Ubushakashatsi bushya bugaragaza ko umugabo warembejwe na COVID-19 ashobora no gutakaza ubushobozi bwo kubyara bitewe n’uko Coronavirus yangiza ubushobozi bw’intanga...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, cyatangaje ko abantu bangana na 4% by’abapimwe mu buryo bwa rusange hirya no hino mu...