Abanyamahanga biga muri UNILAK batawe muri yombi bakekwaho gukubita abamotari babiri mu Gatenga
Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abasore batatu b’abanyamahanga biga muri Kaminuza ya UNILAK bakekwaho gukubita no gukomeretsa abamotari babiri...
Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abasore batatu b’abanyamahanga biga muri Kaminuza ya UNILAK bakekwaho gukubita no gukomeretsa abamotari babiri...
Mu Murenge wa Shyira, Akarere ka Nyabihu, haravugwa inkuru itangaje y’umukecuru wafashwe n’inzego z’umutekano afite akanyamasyo n’ibindi bisimba byapfuye, ibintu...
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwasomye kuri uyu wa Gatanu urubanza ruregwamo Bishop Gafaranga, rumuhamya ibyaha byo gukubita no gukomeretsa ndetse...
Mu Karere ka Rusizi, haravugwa inkuru ibabaje y’umugabo witwa Nzeyimana Fanta, w’imyaka 42, utuye mu Mudugudu wa Mugerero, Akagari ka...
Ndagijimana Callixte, ukekwaho ibyaha bikomeye birimo kurema no kuba mu mutwe w’abagizi ba nabi, yafashwe n’inzego z’umutekano mu Karere ka...
Mu Karere ka Nyagatare, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari hamwe n’Ushinzwe Umutekano mu Kagari bakurikiranyweho icyaha cyo gusaba no kwakira ruswa ingana...
Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imbibi rufite icyicaro i Nyanza, mu Ntara y’Amajyepfo, rwahanishije Aimable Karasira Uzaramba uzwi...
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano rwafashe abantu bagaragaye mu mashusho bakubita umuntu mu biro by’Akagali...
Kigali, tariki ya 8 Nzeri 2025 – Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rweretse itangazamakuru abantu 26 bafashwe bakekwaho gukoresha telefone mu...
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwemeje ko Ingabire Victoire Umuhoza akomeza gufungwa by’agateganyo nyuma y’uko yari yasabye kurekurwa avuga ko igihe...