Ubudage: Bemerewe kujya mu nsengero Nyuma yo kubaza impamvu amaduka afungura bo bagakumirwa
Kiliziya zo mu Budage ubu zishobora kongera gufungura imiryango abakristu bakazigana, ariko amasengesho agakorwa mu buryo butandukanye cyane na mbere...
Kiliziya zo mu Budage ubu zishobora kongera gufungura imiryango abakristu bakazigana, ariko amasengesho agakorwa mu buryo butandukanye cyane na mbere...
Basomyi ba Igicumbi News uyu munsi twabahitiyemo ifoto y'umugore wa Minisitiri w'u Bwongereza ateruye umwana yibarutse. Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza,...
Kim Jong-un, umutegetsi mukuru wa Koreya ya ruguru, yagaragaye mu ruhame bwa mbere nyuma y'iminsi 20 yari ishize, nkuko bitangazwa...
Ikigo cy'Amerika kigenzura ubuziranenge bw'ibiribwa n'imiti (FDA) cyatanze uruhushya rwo mu bihe bidasanzwe rwuko umuti remdesivir wa Ebola witabazwa mu...
Basomyi ba Igicumbi News uyu munsi twabahitiyemo ifoto y'umupfakazi wo muri Kenya ubana n'abana umunani mu nzu y'ibyumba bibiri ....
Mu butumwa bw'umunsi w'umurimo Perezida John Pombe Magufuli yahaye abaturage ba Tanzania, yabasabye gukomeza gukora imirimo yabo nubwo hari...
Augustine Philip Mahiga minisitiri w'amategeko n'itegeko nshinga wa Tanzania yapfuye bitunguranye uyu munsi kuwa gatanu azize uburwayi nk'uko byatangajwe n'ibiro...
Perezida Donald Trump yavuze ko Ubushinwa "buzakora icyo bushoboye cyose" kugira ngo ntiyongere gutorerwa kuyobora Amerika. Aya magambo ya Bwana...
Perezida Muhammadu Buhari wa Nigeria yahaye akazi umugabo wapfuye, agira Tobias Chukwuemeka Okwuru umwe mu bagize inama y’ubuyobozi y’ikigo cya...
Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza n’umugore bakundana Carrie Symonds batangaje ko bibarutse umuhungu. Umuvugizi wa minisitiri w’intebe yavuze ko “bombi bishimiye cyane...