Turkiya yavuze ko igiye gutera Israel
Perezida wa Turikiya Recep Tayyip Erdogan yatangaje ku Cyumweru ko igihugu cye gishobora kohereza ingabo zo gutera Israel, mu gihe...
Perezida wa Turikiya Recep Tayyip Erdogan yatangaje ku Cyumweru ko igihugu cye gishobora kohereza ingabo zo gutera Israel, mu gihe...
Ku wa Gatandatu, ibiganiro byahuje intumwa za Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran muri Pakistan bigamije kuganira ku kurekura...
Melania Trump Madamu wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yashyize hanze itangazo rikomeye rihakana ibivugwa ko yaba afitanye...
Ku wa 7 Mata 2026, SOS Médias Burundi yavuze ko abantu babiri bazwi cyane begereye ishyaka riri ku butegetsi mu...
Mu gace ka Kibungere, kari muri Komine Nyabihanga,mu gihugu cy'u Burundi, haravugwa inkuru y’akababaro y’urupfu rw’umusore wakoraga akazi ko gutwara...
Umunyeshuri wiga muri kaminuza yo muri Uganda yakomeretse ku wa Gatanu Mutagatifu ubwo yari ari mu gikorwa cyo kwibutsa abayoboke...
Ikinyamakuru The Wall Street Journal (WSJ) cyatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zimaze kwimurira i Burayi ibice by’ingenzi bigize...
Perezida wa Israel, Isaac Herzog, yahungishijwe byihutirwa ajyanwa ahatekanye nyuma y’uko misile iguye hafi y’aho yari ari amaze gutanga ikiganiro...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatanze ubutumwa bukomeye abwira ibihugu bigize umuryango wa gisirikare wa North...
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu cya Tanzania byatangaje ko Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yafashe icyemezo cyo kurera umwana w’umukobwa watawe...